Monday 27 July 2020

Comment

Coronavirus ku wa 27 Nyakanga: Ibintu bikomeje gufata indi ntera muri Amerika
Mayombo
************************

Abanyamerika bashyira inyungu zabo imbere. Ntabwo covid-19 yaba ikibazo kibahangayikishije cyane kuko mwibuke ko urukingo ruzava hagati y'ibihugu byombi ari byo USA na England,ibindi itangazamakuru ryirirwa ryandika Trump n'abaturage be nta cyo bibabwiye ni yo hapfa benshi kuri bo urupfu barufata nk'ikintu gisanzwe. Mureke turinde abaturage bacu kabutindi covid 19 ibihishwe byose umunsi umwe bizajya ahagaragara. Amerika imaze imyaka irenga 130 ari yo World Super Power. Nta ntambara n'imwe yabaye ku isi Amerika itayifitemo uruhare. Ushaka kumenya neza ibya US wabaza nyakwigendera umuhanuzi Daniel uburyo yeretswe ibyayo. Uretse abanyamadini benshi b'injiji batazi Imana kuko bahumishijwe na Mamoni(ikirwamana faranga) ubundi ntabwo Amerika hamwe n'agahugu gato gakomeye mu by'idini bizigera bikomwa mu nkokora n'utuyaga turimo guhuha hirya no hino ku isi. Mbifurije kuzaba muri Paradizo y'Imana.

************************
https://igihe.com/ubuzima/coronavirus/article/coronavirus-ku-wa-27-nyakanga-ibindi-bikomeje-gufata-indi-ntera-muri-amerika?cmtx_perm=2408#cmtx_perm_2408

No comments:

Post a Comment